VII. IBIHANO
Nkuko bigenda ahandi hose, ahantu hahuriye abantu benshi ntihabura ugutana cyangwa amakosa atandukanye, ariko ibi sibyo tuba twifuza. Ni muri uru rwego hateganyijwe uburyo bwo gucyaha no kugorora umunyamuryango wagaragara ko yateshutse ku nshingano ndetse no ku murongo ngenderwaho wa club.
IBIHANO BYATEGANIJWE KU BURYO BUKURIKIRA
-Kwihanangirizwa bikozwe mu magambo(oral warning)
-Kwihanangirizwa bikozwe mu nyandiko(written warning)
- Guhagarikwa by’igihe gito(suspension) bikozwe mu nyandiko
-Guhagarikwa(exclusion) burundu bikozwe mu nyandiko
NB: Umunyamuryango ugaragayeho ikosa ahabwa igihano cya mbere , atakisubiraho agahabwa icya kabiri bityo kugeza ubwo ahagarikwa iyo bigaragaye ko yanze kumva. |